Ibyago bizaba ku gihugu cya Tanzania,intara ya kagera,mu karere ka Karagwe.

Ibyago bizaba ku gihugu cya Tanzania,intara ya kagera,mu karere ka Karagwe.

Kuwa 16th kanama 2014,nerekwa ibyago bizagwira igihugu cya Tanzania intara ya KAGERA akarere ka KARAGWE,njyanwa mu iyerekwa mbona muri iyo ntara hahoze hatuye ubwoko bw’Abanyarwanda «Abatutsi»bakomoka mu gihugu cy’Urwanda.Baje gutaha igihugu cyabo nyuma y’imyaka 35 y’ubuhunzi.

Murisho Kikwete


Mbona muri ako karere haguye imvura yamahindu ikomeye cyane,kuburyo isura yako karere yahindutse ntihongera gusa nk’uko hasaga cyera mu ishusho y’umwimerere,ubutaka bwaho bwahuye nakaga gakomeye cyane kuko ukop isi yahoo yariteye,yahise ihinduka.

Kubera umwuzure wa mazi yatewe niyo mvura,hahise hamera imisozi,kandi nyamara mbere nta misozi yaharangwaga,nuko nerekwa umuhanuzi mukuru ajya kureba aho hantu uko hahindutse,mbona imbere ye,ayobowe n’umwuka w’inzika ariwo wagendaga umwereka inzira anyuramo kuko inzira,imihanda,utuyira,imiharuro bya mbere byari bayarasibanganye.

Ako gace ntabwo kongeye gturamo abari bagatuyemo,kubera isi yahoo yahise icurama kuburyo nta muntu wakonegra kuhatura,nuko ntangazwa nayo makuba yagwiriye ako karere ka KARAGWE.

Gusa beneho bigeze kuba batuye icyo gihugu nyuma bakaza kucyamburwa,hagahabwa abatari abene gihugu,mbona barahirukanywe,abari bahaifte nka gakondo yabo,bakaza kuhava bajya muri gakondo yabo,nubundi bazahagaruka kuko ari gakondo bahoranye.

Skip to toolbar