Ibihugu 32 mu ntambara yo mukarere k’Afrika y’uburasira-zuba.

Nyuma yaho ibihugu (3);Urwanda,Uganda,na Kenya,byishyiriye hamwe mugutegura umugambi wogutera igihugu cya Tanzania,amakuru agera ku nyangenews aravuga yuko igihugu cya Tanzania nacyo cyamaze kwitegura iyo ntambara dore ko,bamenyereye kurwana intambara zirwanya abanyagitugu.


 

Tanzania ikimara kumenya uwo mugambi wibyo bihugu,bahise bategura iyi ntambara muburyo bw’ubuhanga bukomeye aho amakuru avuga yuko kuwa 14-16 Nyakanga 2014,hazaba imurika gurishwa ry’intwaro za gisirikare Tanzania ikaba yaratumiye ibihugu byabaturanyi kuzaza muri iryo murika gurishwa.

Amakuru agera ku nyangenewss aremeza ko,ibyo bihugu bizaba bizanye intwaro z’intambara irigututumba hagati y’uRwanda na Tanzania,amakuru akaba avugwa yuko icyo gikorwa bagikoranye ubuhanga mu rwego rwoguhuma amaso amahanga kugirango hatagira inkuru zigaragaza ko,Tanzania yaba ishyigikiwe nibindi bihugu bidashaka kwigaragaza ko bashaka gusenya agatsiko kamabandi yabacinya n’inkoramaraso ka FPR.

Gihamya dufite zigaragaza yuko,atari ibihugu byo muri SADEC gusa biri inyuma ya Tanzania,ahubwo ko,nibindi bihugu by’Afrika bimaze kurambirwa igitugu cya KAGA na FPR,aho birirwa biyamamaza mu mahanga ko bafite ubuyobozi bwiza bwegereye abaturage kandi ar’ikinyoma.

Ariko ibyo bihugu bikaba bidashaka kwiteranya n’uRwanda ngo kubera yuko indryarya ihimwa n’indryamirizi.Ndetse ibyo bihugu ntabwo ari intwaro gusa bizatanga,ahubwo bizatanga n’abasirikare kuburyo bazaba bitwa abasirikare ba Tanzania kugirango M7 na Kaga babubikire imbehe.

Amakuru akaba avuga yuko ngo ariyo mpamvu babanje usaba fdlr gushyira intwaro hasi,kugirango uRwanda rutazabona urwitwazo rw’uko bashyigikiye abicanyi nk’uko bahora bayirega wagirango bo ,nabatagatifu ntibigeze bamena amaraso,fdlr bakimara kuyiha iyo code bayemeje ko igomba kwemera gutaha mumahoro,ariko urumva nyine nababasirikare 95,mu gihe ibihumbi 5600 bizaba bisigaye I nyuma,ibi bikaba bijyanye n’ubuhanuzi buvuga yuko aho amaraso yabakiranutsi yanywerewe n’imbwa,ko,nayabo ariho imbwa zizayanywera.

Kuwa 26th Kamena 2014,Uwiteka Imana yavuze yuko itorero ry’Afrika y’uburasira-zuba rigiye kwinjira mubutayu kubera abapastor batwaye icyubahiro cy’Imana aho basigaye bitwa ba ‹DADY›Imana ikaba itagihabwa icyubahiro kuko byanditswe ngo dufite data umwe niwe Mana yaremye ijuru n’isi.

Aho Raila Odinga kuwa 07/Nyakanga 2014 azatanga ikiruhuko kubanyakenya kandi atari perezida w’igihugu,leta yabanje kumurwanya ariko kubera icyo cyiruhuko cya SABASABA cyemewe n’itegeko nshinga,leta yabuze uburyo yamuhagarika itinya yuko yaba afite imigambi yogutangiza akaduruvayo muri icyo gihugu.Mu gihe n’urubanza rwambere rwa ICC rutararangira.

Skip to toolbar