Impamvu yogukuraho umwakagara irabonetse!

     

Nyuma yuko perezida wa repubulika Paul Kagame yiyemereye we,ubwe ko,agiye kwica abaturage ashinzwe kurindira umutekano,ibi akaba yarabivuze kuwa 05th Kamena 2014,mu ijambo yavugiye Inyabihu mu ntara yamajyepfo.


Aha abanyarwanda bakaba batari bakwiriye gutegereza yuko kagame asohoza imigambi ye,nkuko yabyivugiye,ahubwo bakaba bakwiye kumutanga bakamukura ku ntebe dore ko namahanga atazabigaya kuko yamaze kwiyemerera we,ubwe ko azabica ibyo yongeye kubyemerera umunyamakuru wa Jeune Afrique ubwo bagiranaga ikiganiro kirambuye.

Maze Paul Kagame yivugira ko bitakiri ibanga aho yagaragaje ko mu gihugu ayoboye kitagendera kumategeko ndetse kitubahiriza uburenganzira bwa kiremwa muntu,abanyarwanda bakaba basaba ingabo z’Urwanda gukora ibishoboka byose ngo barebe ko umwakagara bamwikiza hakiri kare.

Ubundi abantu batinya gukora igikorwa nk’icyo kubera ko cyiba kitajyanye namategeko,ariko iyo bibaye murwego rwogutabara abaturage ntamategeko abihana!ibyari kuzaba urubanza nyirubwite yamaze kurwicira kuburyo n’amahanga nayo kugez’ubu afite iyo nyandiko mvugo yivugiye we ubwe.

Ariko niba umukuru w’ingabo Gen.Nyamvumba Patrick azareberera ubwicanyi bukomeje gukorwa nashebuja,kandi afite uburyo ndetse n’ubushobozi bwogukiza abanyarwanda hakiri kare nta shiti ko azabibazwa.Nyamara yarabonye akanya keza ako kagame yita THE RIGHT TIME,bityo yakagombye guhita atabara abanyarwanda akabakiza ishyano hakiri kare kandi twese abanyarwanda twamushyigikira ndetse yaba akoze igikorwa cya kigabo.

 

Ariko tekereza niba abanyarwanda bakomeje gushirira ku icumu bamarwa nuwakagombye kubarinda aaba yarabitangaje kumugaragaro ntagushidikanya yuko ingabo z’Urwanda zizahura n’ubutabera nyuma y’ubwicanyi zashyigikiye ndetse ntizigaragaze ubushake bwogutabara abanyarwanda kandi bari babifitiye ubushobozi.

 

Burya Imana ikorana nabanyabwenge mu gihe Imana yamukoresheje nkuko yabivuze ko mbere yuko imukuraho izabanza kumwambura ubwenge kugirango imukoze isoni mu marembo y’amahanga,aha rero niho ubwenge buri icyo bita “OPOTURNITIST “ gukorera mumahirwe mu gihe gikwiriye Chance Comes Once.

 

Akaba rero arintgikozwe abanyarwanda mwemere umwakagara abace amajosi kuko mwamugize ikigirwamana munanirwa kwirwanaho mugihe akimuhana kaza imvura ihise,mukazasigara muvuga amateka gusa nyamara mwakagombye gukora amateka meza aho kugirango muzavuge amateka mabi.

 

Skip to toolbar