Amakuru aturuka mu biro ntaramakuru byo mu Ijuru«Heaven Media H.M» ibyo biro bratangaza ko,mu minsi ya vuba Uwiteka Imana agiye guhana inkozi zibibi zakubaganiye inzira karengane”abakiranutsi” bamwe mubarebwa nibyo bihano,naba bakurikira:

Amakuru aturuka mu biro ntaramakuru byo mu Ijuru«Heaven Media H.M» ibyo biro bratangaza ko,mu minsi ya vuba Uwiteka Imana agiye guhana inkozi zibibi zakubaganiye inzira karengane”abakiranutsi” bamwe mubarebwa nibyo bihano,naba bakurikira:


 

ü  Ababaye ababyeyi bahoze arabakobwa bagakuramo inda babigambiliye,Abadamu bakuyemo,cyangwa bakomeje gukuramo inda z’abana b’inzira karengane,Abakobwa bakuyemo,cyangwa bakomeje gukuramo inda z’abana b’inzira karengane babigambiliye.Abakoze ibyaha bias bitya icyabakiza n’ukujya murusengero bakatura ku karbanda kumugaragaro kuko babikoze bahisha ko bitamenyekana bityo nibemere baje ahagaragara bemere basebe ariko bakize ubugingo bwabo,byaba atar’ibyo kababayeho.Ibi bihano birareba nabafatanya cyaha.

ü Abantu bamennye amaraso y’inzirakarengane,bakicwa nyamara abo bantu bari bakwiye guhanishwa amategeko y’ubutabera,aho kugirango hubahirizwe amategeko,ahubwo bakicwa bazira akarengane ko kutubahiriza amategeko agenga ubutabera abo nabo Uwiteka arabikomye kandi vuba cyane agiye guhora.

ü Ni uko Uwiteka abaza Cain ati,murumuna wawe Abel arihe?Cain asubiza Uwiteka ati,simbizi,jye nd’umulinzi wa murumuna wanjye!?Uwiteka abwira Cain ati,bi wakoze nibicyi?Dore amaraso ya murumuna wawe aratakira kubutaka asaba guhorerwa Itangiriro (4:9-10).

ü  Mu byahishuwe Revelation 6:10 Bahamagara ni ijwi rirenga Uwiteka bamubaza ngo Uwera uwogukiranuka,uzageza he,guceceka udahorera amaraso yacu?

ü Umuhanuzi Majeshi Leon arasaba abantu bose barwebwa niki cyaha,cyane abicinya bagatsiko ka Kagame na fpr,basabwe kwihanira kuri radio bbc gahuza kugirngo babone uko bakiza ubugingo bwabo, niba bashaka imbabazi,usuzugura iyi nama,biramureba,kuko abakoze ibisa bitya,ahabo ntihazongera kwibukwa ukundi!.

ü  Ibi utabikora ntazitakane Uwiteka Imana ngo ntiyababuliye kuko n’uwera arakiranuka kandi imbabazi ze zihoraho iteka ryose,ukimara kumenya iyi nkuru ushobora kuyisangiza bagenzi bawe cyane abo uzi barebwa niki kibazo,ndetse wemerewe no kuyishyira murundi rulimi kugirango n’abanyamahanga ibashe kubageraho.Imana ibane namwe kandi ibagirire neza murushaho gushaka mu maso y’Imana no gukiranuka.Amina

in    inyangenewseditor@gmail.com

Skip to toolbar