05th Sept 2014,njyanwa mu iyerekwa.

05th Sept 2014,njyanwa mu iyerekwa,mbona intumwa ya satani Gitwaza Paul,afite mu ntoki imihoro mire mire cyane ifite ikirindi kimwe ariko ifite ibimane by’imihoro hejuru m,u bugi,mbona ko,afite amakarito menshi yazaniye abapastori bagenzi be,kugirango ayibagurishe!.


Ndengera mbona abanyarwanda bagizwe n’Abari n’Abatega rugori bajugunywe mu kiyaga barimo insore nsore bakeya cyane ugereranije nabanyampinga,mbona umuhanuzi mukuru aje kubakura mur’icyo kiyaga,mbona ko,intumwa ya satani Gitwaza Paul ababajwe cyane no kuba abo bajugunywe mu kiyaga hanyuma bakaba bagiye gukurwamo bitamushimishije.

Agerageza kurangaza umuhanuzi mukuru kugirango atabakuramo,ariko umuhanuzi mukuru ntiyamwitaho.Gitwaza abonye ko,bagiye gutabarwa,yohereza inzoka ikomeye cyane yo kurya umuhanuzi werimo kumwerekwa ndetse n’umuhanuzi mukuru ariko imbaraga ze ziba nkeye kuri abo bahanuzi bombi.

Abonye ko,binaniranye yohereza umwuka w’urupfu mu murango w’umuhanuzi Majeshi Leon,urwo rupfu narwo ruranenshwa,ibyo binaniranye yohereza umwuka w’urukoza soni kugirango umuhanuzi mukuru hamwe n’umuhanuzi bakorwe n’isoni mu marembo yamahanga.

Uwo mwuka nawo uraneshwa,ibyo byose birangiye,abantu yari yaragize imbata ze yatanzeho nk’igitambo,Uwiteka yohereza imbaraga zidasanzwe kumuhanuzi n’umuhanuzi mukuru maze babasha gutabara ubwoko bw’Imana.Gitwaza Imana yamuvuzeho ibyago bikomeye yanze kwihana akomeje gukorana na Anti-kristo ariko ajyenda anahanura ibinyoma ariko igihe cye nk’uko ubuhanuzi bubivuga cyaba cyegereje kuko Uwiteka Imana igiye kumushyira ku karubanda.

Aragenda akwirakwiza imyuka miba muri bagenzi be bakorana umurimo witwa uw’Imana,kubera ko nabo batabaye maso ntakabuza ko,imbaraga za sekibi zitazabura kubatwara ngo bakorere uwo barwanya uko niko Uwiteka avuga.Abantu benshi amakuru ya Gitwaza barayazi ariko banga kuyemera kuko yabaremyemo ikizere ko ar’umukozi w’Imana nyamara ntabwo ari byo nagato.

Nimushaka kubimenya muzamubwire ajye kubwiriza muri Danmark cuyangwa asubire muri leta zunze ubumwe z’america aho yirukanywe n’inzego z’ubutasi za C.I.A aho kugirango yihana akomeje kurwanya Umwami wacu Yesu kristo na data wa twese Uwiteka Imana aishobora byose.

Reka ibyiringiro byacu tubishyire muri kristo yesu Umwami wacu uduha imbaraga twizera yuko uwaduhamagaye atazabura kuturwanirira ndetse akazatuneshereza nk’uko yatuneshereje kumusaraba kumanywa y’ihangu izuba riva.Abamwiringira mwese mumenye neza mudashidikanya yuko ibyo yabavuzeho nubwo bimaze igihe kirekire bitazabura gusohora kuko umwanzi wanyu satani nabambari be,Data yamaze kunetirariza imbaraga zabo.Ubu amasengesho naho yaba arayumwana muto,ntiyabura gusenya ibikuta bya satani.Reka dusenyere kumugozi umwe naho tutabonana kubera impamvu z’intambara turwana,igihe kiri hafi ngo tuzabonane amaso kumaso.

 

Nkumbuye bene data muri kristo Yesu,nkumbuye igisirimba,indirimbo zo gushimisha n’izagakiza,cyakora ndibuka zimwe na zimwe izindi amajwi agenda anyibagira kubera amahanga abaye amatage,ariko reka twegucika intege kuko tuzi yuko umurengizi wacu atajya agwa isari.

 

Kuko atagwa isari natwe ntituzagwa isari igihe kizagera ndetse kiri hafi ubwo tuzahurira mu itorero rya kristo maze tuzahoberana dushire urukumbuzi ndetse hiyongereho no gusomana kwera kutari ukw’isi,ahubwo ukwabakiranutsi baharanira ubwami bwa Kristo wabambwe akanesha kumusaraba tukabona kubabarirwa ibyaha byacu.

Skip to toolbar